Icyigisho cya 1cyo ku wa 6 Mata 2019 Ikintu cyose kigenerwa igihe cyacyo nicyagambiriwe munsi yijuru cyose gifite umwanya wacyo ID: 787452 Download
Tags :Download - The PPT/PDF document "IBIHE BISIMBURANA MU BUZIMA" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.
Presentation on theme: "IBIHE BISIMBURANA MU BUZIMA"— Presentation transcript
Slide1
IBIHE BISIMBURANA MU BUZIMA
Icyigisho
cya
1cyo
ku
wa
6 Mata 2019
Slide2“Ikintu
cyose kigenerwa
igihe cyacyo, n’icyagambiriwe munsi
y’ijuru cyose gifite umwanya wacyo” (Umubwiriza 3:1)
Slide3“
Ikintu
cyose kigenerwa igihe
cyacyo
…” (Umubwiriza 3:1). Imana yaremye igihe n’umujyo w’ibintu
ngo
bigenge
ubuzima ku Isi (ibimera, inyamaswa n’abantu).Ibyo ni bimwe kuri bose, ariko si ko bose babikurikoresha kimwe. Hari impinduka zigira ingaruka ku bantu mu buryo butandukanye. Izo mpinduka zigena imibereho yacu.
Slide4GAHUNDA NO GUSIMBURANA KW’IBIHE
“
Isi ikiriho, ibiba n’isarura, n’imbeho
n’
ubushyuhe, n’impeshyi n’urugaryi, n’amanywa n’ijoro, ntibizashira.” (Itangiriro
8:22)Nk’uko bivugwa
mu
Itangiriro
1, Imana yaremye Isi kandi iyigira nziza bihebuje, itagira inenge.Muri gahunda iteguye neza, Imana yatandukanije amanywa n’ijoro, itandukanya amazi, ishyiraho ahumutse, imeza ibimera kandi ishyira imuri mu kirere zagombaga kugenga ugusimburana kw’ibihe ku Isi (iminsi, amezi, imyaka).Muri gahunda, Imana yujuje Isi ibifite ubuzima kandi ishyira gahunda mu mibereho yabyo (gukura no kororoka). “Gahunda ni ryo tegeko rya mbere ry’Ijuru.” (Ibimenyetso by’ibihe, 8 Kamena 1908).N’ubwo icyaha cyazanye umuvurungano mu isi yacu, umujyo w’ibihe wari warashyizweho n’Imana mu ntangiriro ni wo ukigenga imibereho yacu.
Slide5IBIHE BISIMBURANA MU BUZIMA
“
Ubwiza bw’abasore
ni
imbaraga zabo, Kandi ubwiza bw’abasaza
ni uruyenzi
rw’imvi
.”
(Imigani 20:29)Nk’uko Salomo yabivuze, hari “igihe cyo kuvuka, n’igihe cyo gupfa.” (Umubwiriza 3:2). Hagati y’ibyo bihe by’ubuzima hazamo ugusimburana n’ukwisubiramo kw’ibindi bihe.Uko gusimburana kw’ibihe mu buzima ni kumwe kuri bose, ariko si ko bose babikoresha kimwe. Twese turatandukanye kandi tubaho mu byiciro bitandukanye. Ariko buri wese ni uw’agaciro kandi afite icyo gutanga.
Slide6I
MPINDUKA ZITARI ZITEZWE
“Navuye mu nda ya mama nambaye
ubusa, nzasubira mu nda y’isi nta
cyo
nambaye
. Uwiteka ni we wabimpaye, kandi Uwiteka ni we ubintwaye. Izina ry’Uwiteka rishimwe.” (Yobu 1:21)Twese tugira umujyo w’ubuzima ndetse n’ibyo twagize akamenyero. Rimwe na rimwe, impinduka
zitari
zitezwe
zishobora
kubikoma
mu
nkokora
.
Ibyabaye
kuri
Yobu
ni
urugero
ruhanitse
(
yabuze
ubutunzi bwe, abagaragu be, abana be, amagara ndetse n’ugukomezwa n’umufasha we n’inshuti). Nyamara buri wese ashobora guhura n’impinduka zikomeye zahindura imibereho yacu–ziyijyana aheza cyangwa ahabi.
Abeli
yapfuye
urupfu rutunguranye, Yosefu yagurishijwe nk’umucakara na benese bwite.
Nituguma
ku
Mana
kandi
tukayiringira
,
tuzabasha
kwakira
izo
mpinduka
zitari
zitezwe
,
kandi
mu
bitubaho
tuzunguka
iby’ingirakamaro
(
Itangiriro
50:20).
Slide7KUGANA MU MPINDUKA
“
Icyo nzi
neza
rwose ntashidikanya, ni uko Iyatangiye
umurimo mwiza
muri
mwe izawurangiza rwose, kugeza ku munsi wa Yesu Kristo.” (Abafilipi 1:6)Kugana mu mpinduka bibaho hagati y’ibyiciro by’ubuzima: ubwana, ubusore, abakuze, ubusaza.Hariho kandi n’ibihe
biganisha
mu
mpinduka
mu
mibereho
yacu
y’ibya
mwuka
.
Imana itunyuza
mu
guhinduka
tugakura
mu
bya
mwuka
(
Abaheburayo
5:12-14).
Twigire ku mpinduka zabaye ku ntumwa Pawulo: (E. White, Ibyakozwe n’Intumwa, urup. 78):Intekerezo ze n’umutima we byahinduwe n’ubuntu mvajuru.Impano z’ubwenge yari
afite zomatana
n’imigambi ihoraho y’Imana
.Kristo
n’ubutungane bwe byamurutiye isi
yose.
Slide8GUSĀBĀNA
“
Mugirirane neza, mugirirane imbabazi
,
mubabarirane ibyaha nk’uko Imana yabababaririye muri Kristo
.” (Abefeso
4:32)
Imibereho
yacu igenda ihindurwa bitewe n’uburyo abandi basābāna natwe. Natwe dufite ibyo duhindura ku bandi iyo dusābāna nabo.Uko gusābāna gushobora kubyara impinduka, zaba nziza cyangwa mbi. Nk’Abakristo, tugomba guharanira kuzana impinduka nziza ku bandi (Abaroma 12:18).Gusābāna kwacu kuboneye gushobora kuzana impinduka zikomeye. Bishobora guhindura imibereho y’abandi ku buryo bashobora kwakira Yesu kubera umurimo akoreye muri twe.Isāno yacu n’abandi igomba buri gihe kuyoborwa n’urukundo no kugira neza.
Slide9“Umutima
wose ukwiriye
kwegurirw'lmana. Bitabaye bityo, guhinduka
kwatuma
dusa na yo ntikwatubonekamo… Imana yo ishaka kudukiza no kutubohora.
Ariko kuko kamere
yacu
igomba guhinduka ukundi rwose no kugirwa nshya, dukwiriye kwiyegurira Imana byuzuye rwose.”E.G.White (Kugana Yesu, igice cya 5, urupapuro rwa 21)