SOLA SCRIPTURA Icyigisho cya 5 cyo ku wa 2 Gicurasi 2020 Kuko ijambo ryImana ari rizima rifite imbaraga kandi rikagira ubugi buruta ID: 805836
Download The PPT/PDF document "KU BYANDITSWE BYERA GUSA—" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.
Slide1
KU BYANDITSWE BYERA GUSA—SOLA SCRIPTURA
Icyigisho
cya
5
cyo
ku
wa
2
Gicurasi
2020
Slide2“
Kuko
ijambo
ry’Imana
ari
rizima
,
rifite
imbaraga
kandi
rikagira
ubugi
buruta
ubw’inkota
zose
,
rigahinguranya
ndetse
kugeza
ubwo
rigabanya
ubugingo
n’umwuka
,
rikagabanya
ingingo
n’umusokōro
kandi
rikabangukira
kugenzura
ibyo
umutima
wibwira
ukagambirira
” (
Abaheburayo
4:12)
Slide3Sola Scriptura (
Ibyanditswe
Byera gusa):Urufatiro rw’UkwizeraUrufatiro rukumbi rwo gusobanuraTota Scriptura (Ibyanditswe Byera byose):Ubumwe bwa BibiliyaUbutumwa busobanutse bwa BibiliyaInyandiko za Elina G. White
Ukuri kose kugomba guhamanya na Bibiliya: na Bibiliya yose (Tota Scriptura) kandi na Bibiliya yonyine (Sola Scriptura).Ibyo ntibivuga ko ahatari muri Bibiliya hataboneka ukundi guhumekerwa, cyangwa ko hatari ahandi twabona ibyadufasha kurushaho kumva neza ingingo zimwe na zimwe.
Slide4URUFATIRO RW’UKWIZERA
“
Nuko
bene Data, ibyo mbyigereranijeho jyewe na Apolo ku bwanyu nk’ubacira umugani,
kugira ngo ibyo mvuze kuri twe bibigishe kudatekereza ibirenze ibyanditswe, hatagira umuntu wihimbaza arwana ishyaka ry’umwe agahinyura undi.” (1 Abakorinto 4:6)Intumwa Pawulo yasobanuye ko Ibyanditswe ari
byo bigomba kuba urufatiro
rw’inyigisho (muri icyo gihe byerekezaga ku
Isezerano rya Kera).
Hari
ibindi
bidufasha
kurushaho
kumva
Bibiliya
, ariko ntibishobora kuyisimbura. Nk’urugero: ubucukumbuzi bw’amateka (archeology), inkoranyamagambo, inyandiko zihuza amagambo ya Bibiliya, ibitabo, ubusobanuro bwa Bibiliya, …“Ibyanditswe byonyine ni byo mwami n’umutware w’inyandiko zose n’inyigisho zose mu isi.” (Martin Luther)
Hanyuma
,
Petero
yongereye
inyandiko
za
Pawulo
mu
bigize
urufatiro
rw’inyigisho
(2
Petero
3:16).
Igitabo
cy’Ibyahishuwe
gisozanya
umuburo
ubuzanya
kongera
cyangwa
kugabanya
icyo
ari
cyo
cyose
ku
Isezerano
rya
Kera
n’Irishya
(
Ibyah
. 22:18-19).
Slide5URUFATIRO RUKUMBI RWO GUSOBANURA
“
Ibyanditswe
kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe
ibyiringiro.” (Abaroma 15:4)Ni iki twagenderaho igihe dusobanura ibyo turi kwiga byanditse muri Bibiliya?Niba Bibiliya ari yo
rufatiro
rukumbi
rwo
kwizera, igomba
no kuba
urufatiro
rukumbi
rwo
gusobanura
.
Daniyeli
yakoresheje
Bibiliya
ngo
yerekane
ishingiro y’inyandiko ze (Dan. 9:2). Mu buryo butaziguye cyangwa buziguye, Isezerano Rishya rikoresha ibyanditswe mu Isezerano rya Kera ngo rishyigikire inyigisho n’uburyo bwo kuzisobanura (Luka 24:27; Ibyak. 2:16-21; 1Yoh. 2:2).
Tugomba
gusobanura
Bibiliya
tugereranya
imirongo
,
buri
gihe
tugendeye
ku
bihe
byandikiwemo
,
kandi
tukimbika
ngo
tumenye
icyo
Ibyanditswe
bivuga
mu
buryo
bwagutse
ku
ngingo
turi
kwiga
(
Yesaya
28:10).
Slide6UBUMWE BWA BIBILIYA
“
Kandi
ukomeza ijambo ryo kwizerwa nk’uko yaryigishijwe,
kugira ngo abone uko ahuguza abantu inyigisho nzima, no gutsinda abamugisha impaka.” (Tito 1:9)Imana
ni
We mwanditsi
nyakuri
wa Bibiliya
, ibyo
bituma
hariho
ubumwe
no
kuzuzanya
hagati
y’ibitabo biyigize (2Tim. 3:16; 2Pet 1:20-21).Kugira inyigisho zitavuguruzanyaGutandukanya ukuri n’ibinyomaKuzibukira ubuyobeKugorora abatannyeGukosora icyatandukira ukuri
kw’Imana
Ubumwe
bwa
Bibiliya
buyiha imbaraga zemeza kandi zibohora.Isezerano rya Kera ni urufatiro rw’Irishya, kandi Isezerano Rishya risobanura rikanagūra Irya Kera. Nta rishobora kwigwa ukwaryo ryonyine.Isezerano rya KeraIsezerano RishyaUbwo bumwe budufasha:
Slide7UBUTUMWA BUSOBANUTSE BWA BIBILIYA
“
Ariko
nimubona ikizira kirimbura kigeze aho kidakwiriye, (usoma abyitondere), icyo gihe abazaba
bari i Yudaya bazahungire ku misozi.” (Mariko 13:14)N’ubwo hari ibice bimwe na bimwe bigoye kumvikana (2Petero 3:16), Bibiliya irasobanutse ku buryo uwo ari we wese abasha kuyumva.Ingingo zo muri Bibiliya zivuga agakiza n’ubugingo buhoraho ziroroshye kumvikana mu buryo butangaje. Ari utarize ari n’intiti bashobora kuzisobanukirwa.
Nitwiga
Bibiliya
twifuza
kurushaho
kumenya
Imana
,
Umwuka
Wera azadufasha kurushaho kuyumva no kunguka ubwenge. Nta mpamvu n’imwe ihari yo guharira Bibiliya itsinda ry’abantu bake batoranyije cyangwa ´abihayimana`. Buri wese ashobora kuyumva.
Slide8INYANDIKO ZA ELINA G. WHITE
“
Hanyuma
y’ibyo, nzasuka Umwuka wanjye ku bantu bose, abahungu banyu n’abakobwa banyu bazahanura
, abakambwe banyu bazarota, n’abasore banyu bazerekwa.” (Yoweli 2:28)Muri Bibiliya habonekamo abahanuzi batigeze bagira icyo bandika cyangwa se inyandiko zabo ntizibikwe (Kubara 21:14; Yosuwa 10:13; 1Abami 11:41; 1Ngoma 29:29; 2Ngoma 35:25).Ibyo ntibivuga ko bo batari barahumekewe. Nk’urugero, Yohana Umubatiza yabonwaga nk’umuhanuzi ukomeye kurusha abandi, ariko nta kintu yanditse (Luka 7:28).Imana yasezeranye ko mu Gihe cy’Imperuka,
ari cyo gihe cyacu, hagombaga
kubaho abahanuzi bahumekewe.
Elina G. White yari umwe muri abo bahanuzi.
Slide9Inyandiko
za Elina G. White
zigomba
gusobanurwa gute? Ese zifite ububasha runaka? Nk’uko Elina yabisobanuye, inyandiko ze zigomba gusobanurwa hagendewe kuri Bibiliya, ariko ntabwo Bibiliya igomba gusobanurwa hagendewe ku nyandiko ze.Ntiyavuze cyangwa ngo agambirire ko inyandiko ze
zazigera zisimbura Bibiliya.Impamvu y’amayerekwa yahawe mushikiwacu White nuko abantu b’Imana bashyira mu bikorwa ukuri kwa Bibiliya mu Gihe cy’Imperuka.Ntitugomba na rimwe gufata inyandiko ze nk’urufatiro rw’inyigisho iyo ari yo yose. Bibiliya ikomeza kuba urufatiro rukumbi
rw’ukwizera n’imigirire by’Itorero ry’Abadiventisiti
b’Umunsi wa Karindwi.
INYANDIKO ZA ELINA G. WHITE
“
Hanyuma
y’ibyo,
nzasuka
Umwuka
wanjye
ku
bantu bose, abahungu banyu n’abakobwa banyu bazahanura, abakambwe banyu bazarota, n’abasore banyu
bazerekwa
.
” (
Yoweli
2:28)
Slide10“Iyo
ugize
Bibiliya ibyo kurya byawe, amafunguro meza yawe, ibyo kunywa byawe, iyo uhinduye amahame yayo ibigize imico yawe, uzamenya neza uburyo
wakira inama ziva ku Mana. Uyu munsi nderereza ijambo ry'agaciro imbere yawe. Ntugasubiremo ibyo navuze, uvuga ngo: 'Mushikiwacu White yavuze ibi,' na 'Mushikiwacu White yavuze ibyo.' Menya icyo Umwami Imana ya Isiraheli avuga, hanyuma ukore ibyo
yategetse.”
E.G. White (Selected Messages, vol. 3, p. 33)
Slide11“Imana yatanze
ibihamya
bihagije mu ijambo ryayo bigaragaza imico y’ubumana bwayo. Ukuri gukomeye kwerekeye gucungurwa kwacu kwarahishuwe. Kubwo gufashwa na
Mwuka Wera, wasezeraniwe abamushakana ukuri bose, uko kuri gukwiriye kumenywa n’umuntu wese ku giti cye. Imana yahaye abantu urufatiro rukomeye rwo kubakaho kwizera kwabo.”E.G. White (Intambara Ikomeye, igice cya 32, p. 517.3)