/
KU BYANDITSWE BYERA GUSA— KU BYANDITSWE BYERA GUSA—

KU BYANDITSWE BYERA GUSA— - PowerPoint Presentation

enkanaum
enkanaum . @enkanaum
Follow
342 views
Uploaded On 2020-08-27

KU BYANDITSWE BYERA GUSA— - PPT Presentation

SOLA SCRIPTURA Icyigisho cya 5 cyo ku wa 2 Gicurasi 2020 Kuko ijambo ryImana ari rizima rifite imbaraga kandi rikagira ubugi buruta ID: 805836

ibyo bibiliya white inyandiko bibiliya ibyo inyandiko white urufatiro ari imana banyu ibyanditswe ngo inyigisho

Share:

Link:

Embed:

Download Presentation from below link

Download The PPT/PDF document "KU BYANDITSWE BYERA GUSA—" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.


Presentation Transcript

Slide1

KU BYANDITSWE BYERA GUSA—SOLA SCRIPTURA

Icyigisho

cya

5

cyo

ku

wa

2

Gicurasi

2020

Slide2

Kuko

ijambo

ry’Imana

ari

rizima

,

rifite

imbaraga

kandi

rikagira

ubugi

buruta

ubw’inkota

zose

,

rigahinguranya

ndetse

kugeza

ubwo

rigabanya

ubugingo

n’umwuka

,

rikagabanya

ingingo

n’umusokōro

kandi

rikabangukira

kugenzura

ibyo

umutima

wibwira

ukagambirira

” (

Abaheburayo

4:12)

Slide3

Sola Scriptura (

Ibyanditswe

Byera gusa):Urufatiro rw’UkwizeraUrufatiro rukumbi rwo gusobanuraTota Scriptura (Ibyanditswe Byera byose):Ubumwe bwa BibiliyaUbutumwa busobanutse bwa BibiliyaInyandiko za Elina G. White

Ukuri kose kugomba guhamanya na Bibiliya: na Bibiliya yose (Tota Scriptura) kandi na Bibiliya yonyine (Sola Scriptura).Ibyo ntibivuga ko ahatari muri Bibiliya hataboneka ukundi guhumekerwa, cyangwa ko hatari ahandi twabona ibyadufasha kurushaho kumva neza ingingo zimwe na zimwe.

Slide4

URUFATIRO RW’UKWIZERA

Nuko

bene Data, ibyo mbyigereranijeho jyewe na Apolo ku bwanyu nk’ubacira umugani,

kugira ngo ibyo mvuze kuri twe bibigishe kudatekereza ibirenze ibyanditswe, hatagira umuntu wihimbaza arwana ishyaka ry’umwe agahinyura undi.” (1 Abakorinto 4:6)Intumwa Pawulo yasobanuye ko Ibyanditswe ari

byo bigomba kuba urufatiro

rw’inyigisho (muri icyo gihe byerekezaga ku

Isezerano rya Kera).

Hari

ibindi

bidufasha

kurushaho

kumva

Bibiliya

, ariko ntibishobora kuyisimbura. Nk’urugero: ubucukumbuzi bw’amateka (archeology), inkoranyamagambo, inyandiko zihuza amagambo ya Bibiliya, ibitabo, ubusobanuro bwa Bibiliya, …“Ibyanditswe byonyine ni byo mwami n’umutware w’inyandiko zose n’inyigisho zose mu isi.” (Martin Luther)

Hanyuma

,

Petero

yongereye

inyandiko

za

Pawulo

mu

bigize

urufatiro

rw’inyigisho

(2

Petero

3:16).

Igitabo

cy’Ibyahishuwe

gisozanya

umuburo

ubuzanya

kongera

cyangwa

kugabanya

icyo

ari

cyo

cyose

ku

Isezerano

rya

Kera

n’Irishya

(

Ibyah

. 22:18-19).

Slide5

URUFATIRO RUKUMBI RWO GUSOBANURA

Ibyanditswe

kera byose byandikiwe kutwigisha, kugira ngo kwihangana no guhumurizwa bitangwa na byo biduheshe

ibyiringiro.” (Abaroma 15:4)Ni iki twagenderaho igihe dusobanura ibyo turi kwiga byanditse muri Bibiliya?Niba Bibiliya ari yo

rufatiro

rukumbi

rwo

kwizera, igomba

no kuba

urufatiro

rukumbi

rwo

gusobanura

.

Daniyeli

yakoresheje

Bibiliya

ngo

yerekane

ishingiro y’inyandiko ze (Dan. 9:2). Mu buryo butaziguye cyangwa buziguye, Isezerano Rishya rikoresha ibyanditswe mu Isezerano rya Kera ngo rishyigikire inyigisho n’uburyo bwo kuzisobanura (Luka 24:27; Ibyak. 2:16-21; 1Yoh. 2:2).

Tugomba

gusobanura

Bibiliya

tugereranya

imirongo

,

buri

gihe

tugendeye

ku

bihe

byandikiwemo

,

kandi

tukimbika

ngo

tumenye

icyo

Ibyanditswe

bivuga

mu

buryo

bwagutse

ku

ngingo

turi

kwiga

(

Yesaya

28:10).

Slide6

UBUMWE BWA BIBILIYA

Kandi

ukomeza ijambo ryo kwizerwa nk’uko yaryigishijwe,

kugira ngo abone uko ahuguza abantu inyigisho nzima, no gutsinda abamugisha impaka.” (Tito 1:9)Imana

ni

We mwanditsi

nyakuri

wa Bibiliya

, ibyo

bituma

hariho

ubumwe

no

kuzuzanya

hagati

y’ibitabo biyigize (2Tim. 3:16; 2Pet 1:20-21).Kugira inyigisho zitavuguruzanyaGutandukanya ukuri n’ibinyomaKuzibukira ubuyobeKugorora abatannyeGukosora icyatandukira ukuri

kw’Imana

Ubumwe

bwa

Bibiliya

buyiha imbaraga zemeza kandi zibohora.Isezerano rya Kera ni urufatiro rw’Irishya, kandi Isezerano Rishya risobanura rikanagūra Irya Kera. Nta rishobora kwigwa ukwaryo ryonyine.Isezerano rya KeraIsezerano RishyaUbwo bumwe budufasha:

Slide7

UBUTUMWA BUSOBANUTSE BWA BIBILIYA

Ariko

nimubona ikizira kirimbura kigeze aho kidakwiriye, (usoma abyitondere), icyo gihe abazaba

bari i Yudaya bazahungire ku misozi.” (Mariko 13:14)N’ubwo hari ibice bimwe na bimwe bigoye kumvikana (2Petero 3:16), Bibiliya irasobanutse ku buryo uwo ari we wese abasha kuyumva.Ingingo zo muri Bibiliya zivuga agakiza n’ubugingo buhoraho ziroroshye kumvikana mu buryo butangaje. Ari utarize ari n’intiti bashobora kuzisobanukirwa.

Nitwiga

Bibiliya

twifuza

kurushaho

kumenya

Imana

,

Umwuka

Wera azadufasha kurushaho kuyumva no kunguka ubwenge. Nta mpamvu n’imwe ihari yo guharira Bibiliya itsinda ry’abantu bake batoranyije cyangwa ´abihayimana`. Buri wese ashobora kuyumva.

Slide8

INYANDIKO ZA ELINA G. WHITE

Hanyuma

y’ibyo, nzasuka Umwuka wanjye ku bantu bose, abahungu banyu n’abakobwa banyu bazahanura

, abakambwe banyu bazarota, n’abasore banyu bazerekwa.” (Yoweli 2:28)Muri Bibiliya habonekamo abahanuzi batigeze bagira icyo bandika cyangwa se inyandiko zabo ntizibikwe (Kubara 21:14; Yosuwa 10:13; 1Abami 11:41; 1Ngoma 29:29; 2Ngoma 35:25).Ibyo ntibivuga ko bo batari barahumekewe. Nk’urugero, Yohana Umubatiza yabonwaga nk’umuhanuzi ukomeye kurusha abandi, ariko nta kintu yanditse (Luka 7:28).Imana yasezeranye ko mu Gihe cy’Imperuka,

ari cyo gihe cyacu, hagombaga

kubaho abahanuzi bahumekewe.

Elina G. White yari umwe muri abo bahanuzi.

Slide9

Inyandiko

za Elina G. White

zigomba

gusobanurwa gute? Ese zifite ububasha runaka? Nk’uko Elina yabisobanuye, inyandiko ze zigomba gusobanurwa hagendewe kuri Bibiliya, ariko ntabwo Bibiliya igomba gusobanurwa hagendewe ku nyandiko ze.Ntiyavuze cyangwa ngo agambirire ko inyandiko ze

zazigera zisimbura Bibiliya.Impamvu y’amayerekwa yahawe mushikiwacu White nuko abantu b’Imana bashyira mu bikorwa ukuri kwa Bibiliya mu Gihe cy’Imperuka.Ntitugomba na rimwe gufata inyandiko ze nk’urufatiro rw’inyigisho iyo ari yo yose. Bibiliya ikomeza kuba urufatiro rukumbi

rw’ukwizera n’imigirire by’Itorero ry’Abadiventisiti

b’Umunsi wa Karindwi.

INYANDIKO ZA ELINA G. WHITE

Hanyuma

y’ibyo,

nzasuka

Umwuka

wanjye

ku

bantu bose, abahungu banyu n’abakobwa banyu bazahanura, abakambwe banyu bazarota, n’abasore banyu

bazerekwa

.

” (

Yoweli

2:28)

Slide10

“Iyo

ugize

Bibiliya ibyo kurya byawe, amafunguro meza yawe, ibyo kunywa byawe, iyo uhinduye amahame yayo ibigize imico yawe, uzamenya neza uburyo

wakira inama ziva ku Mana. Uyu munsi nderereza ijambo ry'agaciro imbere yawe. Ntugasubiremo ibyo navuze, uvuga ngo: 'Mushikiwacu White yavuze ibi,' na 'Mushikiwacu White yavuze ibyo.' Menya icyo Umwami Imana ya Isiraheli avuga, hanyuma ukore ibyo

yategetse.”

E.G. White (Selected Messages, vol. 3, p. 33)

Slide11

“Imana yatanze

ibihamya

bihagije mu ijambo ryayo bigaragaza imico y’ubumana bwayo. Ukuri gukomeye kwerekeye gucungurwa kwacu kwarahishuwe. Kubwo gufashwa na

Mwuka Wera, wasezeraniwe abamushakana ukuri bose, uko kuri gukwiriye kumenywa n’umuntu wese ku giti cye. Imana yahaye abantu urufatiro rukomeye rwo kubakaho kwizera kwabo.”E.G. White (Intambara Ikomeye, igice cya 32, p. 517.3)

Related Contents


Next Show more