Icyigisho cya 2 cyo ku wa 12 Mutarama 2019 Ibyahishuwe bya Yesu Kristo byeretswe Yohana 1918 Aho byabereye i Patimo 19 Igihe ID: 790599
Download The PPT/PDF document "HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.
Slide1
HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA
Icyigisho
cya
2
cyo
ku
wa
12
Mutarama
2019
Slide2Ibyahishuwe bya Yesu Kristo byeretswe Yohana (1:9-18) Aho
byabereye
: i Patimo (1:9) Igihe byabereye: Ku Munsi w’Umwami (1:10) Uko byakozwe: Nk’Umutambyi Mukuru (1:12-18)Urwandiko ku matorero arindwi (Ibyah. 1:11, 19-20; 2:1-7) Uko rwasobanurwa (1:11, 19-20) Ubutumwa ku Itorero rya Efeso (2:1-7)
Ibyahishuwe bitangirana n’urwandiko rufunguye rwandikiwe amatorero arindwi yo muri Aziya Nto (Turukiya y’ubu). Uko amatorero akurikirana bifite umujyo umwe n’uburyo umuntu utanga inzandiko yari kuzikurikiranya azitanga.Yesu Kristo yageneye Yohana uru rwandiko. Buri kantu muri uru rwandiko gafite ubusobanuro bwihariye, harimo uburyo rwanditse ndetse n’ubutumwa kuri buri torero. Na n’ubu kandi, nyuma y’imyaka hafi 2000, uru rwandiko rufite ubusobanuro bwihariye kuri twe.
Patimo
Efeso
Simuruna
Perugamo
Tuwatira
Sarudi
Filadelifiya
Lawodikiya
INYANJA YA AEGEAN
Slide3PATIMO
“
Jyewe Yohana, mwene So musangiye amakuba n’ubwami no
kwihangana biri muri Yesu, nari ku kirwa cyitwa Patimo bampōra ijambo ry’Imana no guhamya kwa Yesu.” (Ibyahishuwe 1:9)Dushobora kwiringira neza ko
Yesu azabana natwe
iteka mu gihe tubabazwa turenganirizwa kuba abahamya bashikamye.
Slide4UMUNSI W’UMWAMI
“
Ku munsi w’Umwami wacu
nari ndi mu Mwuka, inyuma yanjye numva ijwi rirenga nk’iry’impanda.” (Ibyahishuwe 1:10)
Ni gute
twakumva “Umunsi w’Umwami”?
Slide5KWEREKWA YESU KRISTO
“
Mubonye ntyo mwikubita imbere nk’upfuye, anshyiraho ukuboko kw’iburyo
arambwira ati “Witinya. Ndi uwa mbere kandi ndi uw’imperuka.’” (Ibyahishuwe 1:17)Yesu yari afite iyihe shusho mu Byahishuwe 1?
Umuntu
Yohana na Daniyeli babonye yambaye igishura cyera ni Yesu Kristo wambaye nk’Umutambyi Mukuru.
Slide6Yohana yabonye Yesu agendera hagati y’ibitereko by’amatabaza birindwi ari byo
kimenyetso cy’amatorero arindwi (1:20)Ubutumwa kuri buri torero butangizwa na “Nzi imirimo yawe.” (2:2, 9, 13, 19; 3:1, 8, 15). Iteka, Yesu ari hagati mu bantu be. Azi abantu be, kandi azi buri wese muri twe.Arakomeye kandi
afite ububasha, ariko ntidukwiye kumugirira ubwoba.KWEREKWA YESU KRISTO“Mubonye ntyo mwikubita imbere nk’upfuye, anshyiraho ukuboko
kw’iburyo
arambwira
ati “Witinya. Ndi
uwa
mbere
kandi
ndi
uw’imperuka.’” (
Ibyahishuwe 1:17)
Ni We
wapfuye
kandi
akazuka. Afite imfunguzo
z’urupfu. Afite ububasha ku rupfu kandi
yita ku bariho.
Slide7URWANDIKO KU MATORERO ARINDWI
ICYO GIHE
(AMATEKA)
Ubutumwa bwa Yesu kuri buri torero riteranira mu mijyi irindwi yo muri Aziya Nto mu gihe cya Yohana.
AHAZAZA
(UBUHANUZI)
Ubutumwa
kuri
buri gihe cy’amateka
y’Itorero kuva mu gihe
cya Yohana kugeza mu gihe
cyacu.
RUSANGE
Ubutumwa
kuri
buri
torero na
buri mwizera muri buri gihe mu mateka
.
“Icyo
ubona ucyandike
mu gitabo,
ucyoherereze amatorero
arindwi ari muri
Efeso
n’i
Simuruna
, n’i
Perugamo
n’i
Tuwatira
n’i
Sarudi
, n’i
Filadelifiya
n’i
Lawodikiya
.”
(
Ibyahishuwe
1:11)
Ubutumwa
ku
matorero
arindwi
yo
muri
Aziya
bushobora
kumvikana
mu
nzego
eshatu
zitandukanye
kandi zuzuzanya (1:19):
Slide8UBUTUMWA KU ITORERO RYO MURI EFESO
“
Wandikire
marayika w’Itorero ryo muri Efeso uti ‘Ufashe inyenyeri ndwi mu kuboko kw’iburyo, akagendera
hagati y’ibitereko
by’amatabaza birindwi
by’izahabu’”
(Ibyahishuwe
2:1)
Efeso wari umujyi w’ingenzi muri Aziya.
Yohana yari umugabura muri uwo mujyi
wari wuzuyemo ubuhehesi n’ubukonikoni (Ibyakozwe n’Intumwa 19:19).
Itorero ryakomeje gushikama n’ubwo ryari
rikikijwe n’ibibi. Nyamara, bibagiwe urukundo rwabo
rwa mbere nk’uko byari byarabaye kuri
Isirayeli (Yeremiya 2:2).Iri torero, rishushanya Itorero
rya Gikristo ryo mu kinyejana cya mbere (
ahagana kuva mu mwaka wa 31 kugeza 100 nyuma ya
Kristo).
Nimutyo
twumvire
inama
y’Imana yo gukomeza
ibyiza byabo no kwirinda amakosa yabo
:
Ibuka
urukundo
rwawe
rwa
mbere
;
Ihane
;
Kora
imirimo
myiza
.
Slide9“[Yesu] agendera hagati mu matorero Ye mu burebure
n’ubugari bw’isi. Abareba abyitayeho cyane ngo arebe niba uko bahagaze mu by’umwuka byababashisha bamamaza
ingoma Ye. Kristo aba ari muri buri teraniro ry’itorero. Amenyereye cyane umuntu wese witaye ku murimo We. Azi abafite imitima ishobora kuzuzwa amavuta yera, ngo bayasangize abandi. Abantu bakora umurimo wa Kristo mu
isi yacu
badakebakeba, berekana imico y’Imana
mu magambo n’ibikorwa byabo, basohoza ubushake bw’Imana
kuri bo, ni
ab’agaciro gakomeye mu maso
Ye. Kristo arabanezererwa
nk’uko umuntu anezererwa
ubusitani bwitaweho neza
ndetse n’impumuro y’indabo
yateye.”
E.G. White. (Ibihamya by’Itorero, umuzingo wa 6, igice
cya 53, urupapuro 418)