/
HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA

HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA - PowerPoint Presentation

robaut
robaut . @robaut
Follow
368 views
Uploaded On 2020-06-30

HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA - PPT Presentation

Icyigisho cya 2 cyo ku wa 12 Mutarama 2019 Ibyahishuwe bya Yesu Kristo byeretswe Yohana 1918 Aho byabereye i Patimo 19 Igihe ID: 790599

muri yesu ibyahishuwe buri yesu muri buri ibyahishuwe ubutumwa itorero yohana kristo kuri kandi

Share:

Link:

Embed:

Download Presentation from below link

Download The PPT/PDF document "HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.


Presentation Transcript

Slide1

HAGATI Y’IBITEREKO BY’AMATABAZA

Icyigisho

cya

2

cyo

ku

wa

12

Mutarama

2019

Slide2

Ibyahishuwe bya Yesu Kristo byeretswe Yohana (1:9-18) Aho

byabereye

: i Patimo (1:9) Igihe byabereye: Ku Munsi w’Umwami (1:10) Uko byakozwe: Nk’Umutambyi Mukuru (1:12-18)Urwandiko ku matorero arindwi (Ibyah. 1:11, 19-20; 2:1-7) Uko rwasobanurwa (1:11, 19-20) Ubutumwa ku Itorero rya Efeso (2:1-7)

Ibyahishuwe bitangirana n’urwandiko rufunguye rwandikiwe amatorero arindwi yo muri Aziya Nto (Turukiya y’ubu). Uko amatorero akurikirana bifite umujyo umwe n’uburyo umuntu utanga inzandiko yari kuzikurikiranya azitanga.Yesu Kristo yageneye Yohana uru rwandiko. Buri kantu muri uru rwandiko gafite ubusobanuro bwihariye, harimo uburyo rwanditse ndetse n’ubutumwa kuri buri torero. Na n’ubu kandi, nyuma y’imyaka hafi 2000, uru rwandiko rufite ubusobanuro bwihariye kuri twe.

Patimo

Efeso

Simuruna

Perugamo

Tuwatira

Sarudi

Filadelifiya

Lawodikiya

INYANJA YA AEGEAN

Slide3

PATIMO

Jyewe Yohana, mwene So musangiye amakuba n’ubwami no

kwihangana biri muri Yesu, nari ku kirwa cyitwa Patimo bampōra ijambo ry’Imana no guhamya kwa Yesu.” (Ibyahishuwe 1:9)Dushobora kwiringira neza ko

Yesu azabana natwe

iteka mu gihe tubabazwa turenganirizwa kuba abahamya bashikamye.

Slide4

UMUNSI W’UMWAMI

Ku munsi w’Umwami wacu

nari ndi mu Mwuka, inyuma yanjye numva ijwi rirenga nk’iry’impanda.” (Ibyahishuwe 1:10)

Ni gute

twakumva “Umunsi w’Umwami”?

Slide5

KWEREKWA YESU KRISTO

Mubonye ntyo mwikubita imbere nk’upfuye, anshyiraho ukuboko kw’iburyo

arambwira ati “Witinya. Ndi uwa mbere kandi ndi uw’imperuka.’” (Ibyahishuwe 1:17)Yesu yari afite iyihe shusho mu Byahishuwe 1?

Umuntu

Yohana na Daniyeli babonye yambaye igishura cyera ni Yesu Kristo wambaye nk’Umutambyi Mukuru.

Slide6

Yohana yabonye Yesu agendera hagati y’ibitereko by’amatabaza birindwi ari byo

kimenyetso cy’amatorero arindwi (1:20)Ubutumwa kuri buri torero butangizwa na “Nzi imirimo yawe.” (2:2, 9, 13, 19; 3:1, 8, 15). Iteka, Yesu ari hagati mu bantu be. Azi abantu be, kandi azi buri wese muri twe.Arakomeye kandi

afite ububasha, ariko ntidukwiye kumugirira ubwoba.KWEREKWA YESU KRISTO“Mubonye ntyo mwikubita imbere nk’upfuye, anshyiraho ukuboko

kw’iburyo

arambwira

ati “Witinya. Ndi

uwa

mbere

kandi

ndi

uw’imperuka.’” (

Ibyahishuwe 1:17)

Ni We

wapfuye

kandi

akazuka. Afite imfunguzo

z’urupfu. Afite ububasha ku rupfu kandi

yita ku bariho.

Slide7

URWANDIKO KU MATORERO ARINDWI

ICYO GIHE

(AMATEKA)

Ubutumwa bwa Yesu kuri buri torero riteranira mu mijyi irindwi yo muri Aziya Nto mu gihe cya Yohana.

AHAZAZA

(UBUHANUZI)

Ubutumwa

kuri

buri gihe cy’amateka

y’Itorero kuva mu gihe

cya Yohana kugeza mu gihe

cyacu.

RUSANGE

Ubutumwa

kuri

buri

torero na

buri mwizera muri buri gihe mu mateka

.

“Icyo

ubona ucyandike

mu gitabo,

ucyoherereze amatorero

arindwi ari muri

Efeso

n’i

Simuruna

, n’i

Perugamo

n’i

Tuwatira

n’i

Sarudi

, n’i

Filadelifiya

n’i

Lawodikiya

.”

(

Ibyahishuwe

1:11)

Ubutumwa

ku

matorero

arindwi

yo

muri

Aziya

bushobora

kumvikana

mu

nzego

eshatu

zitandukanye

kandi zuzuzanya (1:19):

Slide8

UBUTUMWA KU ITORERO RYO MURI EFESO

Wandikire

marayika w’Itorero ryo muri Efeso uti ‘Ufashe inyenyeri ndwi mu kuboko kw’iburyo, akagendera

hagati y’ibitereko

by’amatabaza birindwi

by’izahabu’”

(Ibyahishuwe

2:1)

Efeso wari umujyi w’ingenzi muri Aziya.

Yohana yari umugabura muri uwo mujyi

wari wuzuyemo ubuhehesi n’ubukonikoni (Ibyakozwe n’Intumwa 19:19).

Itorero ryakomeje gushikama n’ubwo ryari

rikikijwe n’ibibi. Nyamara, bibagiwe urukundo rwabo

rwa mbere nk’uko byari byarabaye kuri

Isirayeli (Yeremiya 2:2).Iri torero, rishushanya Itorero

rya Gikristo ryo mu kinyejana cya mbere (

ahagana kuva mu mwaka wa 31 kugeza 100 nyuma ya

Kristo).

Nimutyo

twumvire

inama

y’Imana yo gukomeza

ibyiza byabo no kwirinda amakosa yabo

:

Ibuka

urukundo

rwawe

rwa

mbere

;

Ihane

;

Kora

imirimo

myiza

.

Slide9

“[Yesu] agendera hagati mu matorero Ye mu burebure

n’ubugari bw’isi. Abareba abyitayeho cyane ngo arebe niba uko bahagaze mu by’umwuka byababashisha bamamaza

ingoma Ye. Kristo aba ari muri buri teraniro ry’itorero. Amenyereye cyane umuntu wese witaye ku murimo We. Azi abafite imitima ishobora kuzuzwa amavuta yera, ngo bayasangize abandi. Abantu bakora umurimo wa Kristo mu

isi yacu

badakebakeba, berekana imico y’Imana

mu magambo n’ibikorwa byabo, basohoza ubushake bw’Imana

kuri bo, ni

ab’agaciro gakomeye mu maso

Ye. Kristo arabanezererwa

nk’uko umuntu anezererwa

ubusitani bwitaweho neza

ndetse n’impumuro y’indabo

yateye.”

E.G. White. (Ibihamya by’Itorero, umuzingo wa 6, igice

cya 53, urupapuro 418)

Related Contents


Next Show more