mahugurwa kuri jenda no mu bijyanye nubumenyi bwamafaranga financial literacy Urabona amashusho menshi ashobora gukoreshwa numufashamyumvire ID: 816717
Download The PPT/PDF document "Imyitozo yakoreshwa mu" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.
Slide1
Imyitozo yakoreshwa mu mahugurwa kuri jenda no mu bijyanye n’ubumenyi bw’amafaranga (financial literacy )
Urabona
amashusho
menshi
ashobora
gukoreshwa
n’umufashamyumvire
uhugura
abaturage
ku
bumenyi
bw
’amafaranga
(
financial literacy).
Slide2Mu ikoreshwa ry’amashusho wirinda gusobanura cyane. Uyereka abahugurwa warangiza ukababaza uti: “Niki mubona kuri iki gishushanyo?” Ibi bituma abahugurwa bavuga bakanatanga ibitekerezo kubyo babona. Ubu ni uburyo bwiza bwo gutangira ikiganiro. Umaze gutangiza ikiganiro, shyira abantu mu matsinda ubahe ibibazo byo kuganiraho. Twatanze ingero z’ibibazo byagendana n’amashusho. Nyuma yo kuganira mu matsinda, abahugurwa muri rusange basangize abandi ibyo baganiriyeho mu matsinda. Mu gusoza ikiganiro vuga muri make ibyaganiriweho n’ isomo ryo gutahana.Uko wabikoresha
Slide3Slide4Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Wakora iki ngo amafaranga yawe abikwe ahantu hizewe?Ni ubuhe buryo abantu babikamo amafaranga mu gace utuyemo?Ni izihe nyungu cyangwa igihombo kiri mu kubika amafaranga mu rugo?Ni izihe nyungu cyangwa igombo kiri mu kubika amafaranga kuri konti yawe muri SACCO?Ese hari ubundi buryo bwo kubika amafaranga yawe?Bika amafaranga yawe ahantu hizewe
Slide5Slide6Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Mu muryango wawe, ninde ushinzwe gukurikirana uko amafaranga akoreshwa?Ninde ufite uburenganzira bwo kubikuza amafaranga ari kuri konti muri SACCO?Ninde ugena uburyo konti iri muri SACCO ikoreshwa mu muryango wawe?Mwateganije ko ari inde uzajya ugena uburyo amafaranga akoreshwa mu muryango?Ese hari itandukaniro riri mubyo umugabo n’umugore bakora?N’ukubera iki mwabihisemo mutyo?Ese haba hari ubundi buryo bwiza bwo kubikora?
G
ucunga
neza
imari
y’umuryango
ni
inshingano
z’umugore
n’umugabo
.
Slide7Slide8Niki mubona kuri iki gishushanyo?Ninde ushobora kubitsa muri SACCO?Ese abakene nabo bagana SACCO?Sobanura igisubizo utanze?Ese abakire nabo bagana SACCO?Sobanura igisubizo utanze?SACCO niya bakire n’abakene
Slide9Slide10Niki mubona kuri iki gishushanyo?Ese uzi ibiciro n’imirongo ngenderwaho bya SACCO yawe?Ni izihe serivise za SACCO ukoresha?Ese SACCO yaba yarakumenyeshe ibiciro bya serivisi baguha? Niba barabikoze, babikoze bate?Ese uzi amafaranga bagukata iyo ubikuje ?Ese uzi amafaranga bakungukira kuko ubitsayo?Niba adafite ayo makuru, waba uzi uburyo wayabona?Ibiciro bya serivisi SACCO itanga
Slide11Slide12Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Ese wigeze ugura ikintu utakiziho amakuru neza?Ese birakorohera kubaza SACCO iyo hari ibyo udasobanukiwe?Ni ibihe bibazo by’ingenzi ugomba kubaza iyo usaba inguzanyo? (Kora urutonde rw’ibibazo)Ni iki wakora mu gihe utanyuzwe n’ibisubizo by’ibibazo wabajije?Ese iyo ugiye gusaba inguzanyo, urijyana cyangwa ujyana n’inshuti cyangwa uwo mwashakanye?Inyungu ziri mu kubaza ibibazo
Slide13Slide14Niki mubona kuri iki gishushanyo?Ese ukora ingengo y’imari mu muryango wawe?Nihe mukura amafaranga atunga umuryango?Ni iki mukoresha amafaranga mu muryango wawe?Ingengo y’imari ni iki?Ese ni ayahe makuru ingengo y’imari itanga?Ese ingengo y’imari muyiganiraho n’abo mwashakanye? Ninde ufata ibyemezo?Garagaza uburyo wakoresha ngo utajya kure/udakora ibitari mu ingengo y’imari wateguyeInyungu ziri mu gukora ingengo y’imari
Slide15Slide16Ni iki mubona kuri iki gishushanyo? Kwizigamira ni iki?Ese ujya wizigamira?Ni izihe nyungu ziri mu kwizigamira?Ese kwizigamira birakomeye? Niba ari yego, sobanura impamvu. Niba ari oya ubigenza ute?Ese twakora iki ngo dukureho imbogamizi ziri mu kwizigamira?Ibyo umufasha myumvire agomba kumenya:Iki gishushanyo cyakoreshwa kigaragaza uburyo bune bwo Kwizigamira( Kuzigamira ibyo wateganije (expected future events), kuzigamira ibyo utateganije (unexpected future events), Kuzigamira intego z’igihe kirekire( long term goals), kuzigama mu mitungo
itimukanwa
(building
assets)
Inyungu
ziri
mu
kwizigamira
Slide17Slide18Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Ese hari imirongo ngenderwaho ukurikiza iyo uri kwizigamira?Ugena ute amafaranga wizigamira?Ni iki ukoresha amafaranga yawe?Ese uzigamira impamvu runaka cyangwa uzigama kuko ugomba kuzigama?Ese mu muryango buri wese arizigamira?Tubwire uko mubigenza.Ese ni ubuhe buryo bwiza utekereza ko byagakozwemo?Ibyo umufashamyumvire agomba kumenya: Iki gishushanyo wagikoresha werekana itegeko rya 10/ 20/ 70 r. 10% ni ayo
kuzigamira
igihe
kizaza
, 20%
ni
ayo
gukoresha
mu
gutwerera
,
gukemure
ibigutunguye
,
kwishyura
inguzanyo
naho
70%
ni
ayo gukoresha mu buzima bwa buri munsi.
Zigama
mbere
y’uko
ukoresha
amafaranga
,
aho
kuzigama
ibyo
usigaje
–
Menya
gukoresha
itegeko
rya
10/20/70
Slide19Slide20Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Ese ukora financial plan? Niba uyikora dusangize uburyo ubikoramo?Ni izihe ntego z’umuryango wawe?Ni iki wakora ngo uzigereho?Financial plan ni iki?Ni izihe nyungu ziri mu kugira financial plan?Ese ukora financial plan n’uwo mwashakanye? Sobanura impamvu y’igisubizo cyaweNi izihe nyungu ziri mu gukora financial planning yo mu rugo ufatanyije n’uwo mwashakanye?Gukora financial plan kugirango ugere ku ntego zawe
Slide21Slide22Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Inguzanyo ni iki?Ni izihe mpamvu nziza zatuma usaba inguzanyo?Ni izihe mpamvu zitari izo zatuma usaba inguzanyo?Ni izihe nshingano z’uwasabye inguzanyo?Ni irihe tandukaniro riri hagati y’amafaranga yawe n’ayo wagujije?Ni iyihe nyungu iri mu gusaba inguzanyo? Ni ikihe gihombo kiri mu gusaba inguzanyo?Ibyo umufashamyumvire agomba kumenya: Iki gishushanyo cyerekana abantu basabye inguzanyo yo kugura imfumbire.
Igihe
cyo
kwishyura
kigeze
bishyura
inguzanyo
bongeraho
n’inyungu
(
witegereje
neza
ibikapu
bavuye
gusaba inguzanyo n’ibyo bafite bagiye kuyishyura biratandukanye
).
Bakoreshejeje
inguzanyo
yabo neza.
Inguzanyo
ni
iki
?
Slide23Slide24Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Waba warigeze usaba inguzanyo? Niba warayifashe, wayikoresheje ute?Ni irihe tandukaniro riri mu gukoresha mafaranga wizigamye n’ayo wagujije?Ese ujya ukoresha amafaranga wizigamye bitandukanye ni mpamvu wayazigamiye?Ese ujya ukoresha amafaranga wagujije bitandukanye n’impamvu wayagujije?Ese ujya utongana n’uwo mwashakanye ku ikoreshwa ry’amafaranga? Niba bijya biba wabyirinda ute?Inyugu ziri mu gukoresha inguzanyo icyo wayisabiye
Slide25Slide26Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Iyi nteruro uyumva ute “gufata inguzanyo bingana no gufata risk”?Tekereza ko ko wasabye inguzanyo. Ni ibiki bitunguranye byaba bikakubuza kwishyura inguzanyo ku gihe?Ni iki wakora ngo ugabanye risk zatuma utishyura inguzanyo ku gihe?Wateganya amafaranga angana iki y’ibishobora kuba bigutunguye?Gufata inguzanyo= Gufata risk
Slide27Slide28Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Ingwate ni iki?Ni kubera iki SACCO zaka ingwate iyo umuntu asabye inguzanyo?Ni iyihe mitungo yawe yafatwa nk’ingwate mu gihe usabye inguzanyo?Ni iyihe mitungo watangaho ingwate mbere? Ni iyihe watangaho ingwate wabuze uko ugira?Kubera iki?Ingwate
Slide29Slide30Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Ese ni iki wakora mu gihe ubona ko kwishyura ku gihe bigiye ku kunanira?Ni iki cyatuma umuntu atabasha kwishyura inguzanyo?Ese utekereza ko SACCO ibigenza ite iyo uyibwiye ko ubona bikugoye kwishyurira ku gihe?Ese waba uzi umuntu utarashoboye kwishyurira ku gihe? Byagenze bite?Ibyo umufashamyumvire agomba kumenya: Icyo dushaka kuvuga aha nuko SACCO igerageza gufasha umukiriya bamwongerera igihe cyo kwishyura
aho
guhita
bagurisha
ingwate
yatanze
ako
kanya
Ugize
ikibazo
mu
kwishyura
,
menyesha
SACCO
mubiganireho
Slide31Slide32Ni iki mubona kuri iki gishushanyo?Ese ni ngombwa kwigisha abana kwizigama?Ni iyihe mpamvu kwigisha abana bawe kwzigamira ari ingenzi?Ese wigisha abana bawe kuzigama? Ubibigisha ute?Ni ubuhe buryo bwiza bwo kwigisha abana kwizigamira?Igisha abana bawe kuzigamira intego
Slide33Kanda hano amashusho. Ushobora kuyashyira kuri mudasobwa yawe (download), Ushobora kuyacapa( print) cyangwa ugakoresha mugaragaza nini(screen) mu gihe uri gutanga amahugurwa. Umufashamyumvire yemerewe kugira ibyo yongeramo byamufasha mu mahugurwa kugira
ngo
arusheho
kugenda
neza
.
Yakongeramo
ibibazo
,
amashusho
n’ibindi
.
Amashusho