/
ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBUHAMYA BW'UMUNTU KU GITI CYE ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBUHAMYA BW'UMUNTU KU GITI CYE

ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBUHAMYA BW'UMUNTU KU GITI CYE - PowerPoint Presentation

gristlydell
gristlydell . @gristlydell
Follow
353 views
Uploaded On 2020-08-27

ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBUHAMYA BW'UMUNTU KU GITI CYE - PPT Presentation

Icyigisho cya 2 cyo ku wa 11 Nyakanga 2020 Kuko tutabasha kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise ID: 805096

abandi yesu buri ubuhamya yesu abandi ubuhamya buri imana ibyo giti umuntu bwa munsi yari mibereho cye uburyo ibyakozwe

Share:

Link:

Embed:

Download Presentation from below link

Download The PPT/PDF document "ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBU..." is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.


Presentation Transcript

Slide1

ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBUHAMYA BW'UMUNTU KU GITI CYE

Icyigisho

cya

2

cyo

ku

wa

11

Nyakanga

2020

Slide2

Kuko

tutabasha

kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise’ ”(Ibyakozwe n’Intumwa 4:20)

Slide3

Ubuhamya bw’uwari utewe na dayimoniUmuhamya utari abyitezwehoUbuhamya bwa

Mariya

Ibyishimo

bitarondorekaUbuhamya bwa

Petero na YohanaKwiyumanganya kudashobokaUbuhamya bwa PawuloGuhinduka buri munsiUbuhamya bukomeye

bw’umuntu ku giti cyeUbuhamya bw’umuntu ku giti cye ni iki?Ni ugusangiza abandi ibyo Yesu yakoze mu mibereho yacu n’uburyo yaduhinduye. Ni ukubwira abandi ibyerekeye ubuntu butangaje bw'Imana, n’uburyo twishimiye agakiza kayo. Ni ukuvuga uburyo Yesu adukunda n’uburyo tumukunda.

Slide4

UMUHAMYA UTARI ABYITEZWEHO“

Aragenda

,

atangira

kwamamaza i Dekapoli

ibyo Yesu yamukoreye byose, abantu bose barumirwa.” (Mariki 5:20)Dekapoli yari urwunge rw'imijyi cumi ituriye inyanja ya Galilaya. Yari isangiye umuco w'Abagereki n'Abaroma (ntabwo ari uw’Abayuda).Yesu agezeyo, uwamuhaye ikaze ni umunyarugomo utewe n’abadayimoni. Yesu yamukijije abadayimoni bamutotezaga.

Uwo

mugabo

yarakize

haba

ku

mpagarike

, mu

bwenge

, mu

marangamutima

, no mu

bya

mwuka

.

Yashakaga

kugumana na Yesu. Ariko, Yesu yamuhisemo kuba umumisiyoneri wa mbere. Inshingano ye yari yoroshye, kubwira abandi ibyo Yesu yamukoreye.

Ku bw’ubuhamya bwe, nyuma y’amezi runaka abantu benshi bateraniye hamwe bumva Yesu (Mariko 8:1-10).

Slide5

IBYISHIMO BITARONDOREKA“

Uwo

aragenda

abibwira ababanaga

na we, asanga baganya barira bari mu majune.” (Mariko 16:10)Ku wa mbere w’Umuzuko, intimba ya Mariya yaguranye n’umunezero, amarira yimukira ibyishimo, amajune asimburwa n’ibyiringiro.

Guhura

na

Yesu

kuri

uwo

munsi

byujuje

Mariya

umunezero

.

Nta

kindi

yari

gukora uretse kwihuta akabwira abanda

inkuru

nziza

.Natwe tukimara guhura na Yesu, tugomba kwihuta tugasangiza abandi ibyatubayeho. Kuko inkuru nziza ikwiriye kubwirwa abandi.

Nyamara

,

ntibemeye

ubuhamya bwe (Mariko 16:11). Ntutukitege ko buri wese azahita yizera amagambo yacu. Ariko amaherezo bose barizeye!

Slide6

KWIYUMANGANYA KUDASHOBOKA

Kuko

tutabasha

kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise.” (Ibyakozwe 4:20)Guhinduka kw'intumwa kwari gushimishije. Ndetse n'abanzi babo bashoboraga kubona ko babanye na Yesu (Ibyakozwe 4:13).Buri ntumwa yari ifite ibyamubayeho yihariye. Bashoboraga gusangizanya ubuhamya budasanzwe bwa buri muntu ku giti cye.Natwe Yesu araduhindura. Tugomba gusangiza abandi ibyatubayeho, n’ubwo haba mu bihe bikomeye.

Slide7

GUHINDUKA BURI MUNSI

Nabambanywe

na

Kristo ariko ndiho, nyamara si

jye uriho, ahubwo ni Kristo uriho muri jye. Ibyo nkora byose nkiriho mu mubiri, mbikoreshwa no kwizera Umwana w’Imana wankunze akanyitangira.” (Abagalatiya 2:20)Guhinduka kwa Pawulo ni kimwe mu bintu bitangaje. Iyerekwa rye rya Yesu wazutse ryateje impinduka zikomeye mu mibereho ye.Mu gusangiza abandi ubuhamya bwe, ntabwo yavuze gusa kuri izo mpinduka zabaye umwanya umwe mu mibereho ye. Yasobanuye ko Imana ikomeje gukora mu mibereho ye. Guhinduka kwe kwavugururwaga buri munsi, “Mpora

mpfa

buri

munsi

.” (1

Abakorinto

15:31)

Guhamya

byerereza

Imana

,

si

twe

. Ni

ugusangiza

abandi

imbabazi

z’ibyaha zayo, imigisha yayo ya buri munsi, ubuntu bwayo budashira, urukundo rwayo

ruhoraho … (Zaburi 103:3; Amag. 3:23; Yoh. 1:16; Yer. 31:3).

Slide8

UBUHAMYA BUKOMEYE BW'UMUNTU KU GITI CYE

Agiripa

asubiza

Pawulo ati ‘Ubuze hato

ukanyemeza kuba Umukristo!.’” (Ibyakozwe 26:28)Herode Agiripa wa II yakuriye i Roma arinzwe n'Umwami w'abami Kalawudiyo. Yahawe ubwami buto bwa Calisisi maze ategekwa kugenzura urusengero rwa Yerusalemu. Yeretse abantu ko akurikiza imigenzo y'Abayuda. Pawulo yeretse ineza uyu muguverineri ushidikanya. Yashimiye Agiripa kuba yaramuhaye amahirwe yo kubasangira ubuhamya bwe bwite.Pawulo yashyize akitso mu ijambo yavugaga, maze akora irarika ryihariye kuri Agiripa: “Urizeye?” (umur. 27)Ibyo Imana yakoze mu mibereho yacu bishobora kugirira abandi umumaro ukomeye. Dushobora kubereka uko kwakira Yesu no gucungurwa bisa, kandi dushobora kubayobora ku kumwiyegurira.

Slide9

“Abantu bose basogongeye ‘ijambo

ryiza

ry’Imana

, n’imbaraga

z’igihe kizaza’ (Abaheburayo 6:5), bafite umurimo wo gukorera abo mu

ngo zabo ndetse n’abaturanyi babo. Ubutumwa bwiza bw'agakiza bugomba kubwirwa abandi. Umuntu wese wumvise imbaraga ihindura y’Imana, mu buryo runaka aba umuvugabutumwa. Hari inshuti ashobora kubwira urukundo rw'Imana. Ashobora kuvugira mu itorero uwo Uwiteka ari We kuri we, ndetse nk'Umukiza we ku giti cye; kandi ubuhamya butanganywe ukwiyoroshya bushobora gukora ibikomeye

kurusha

guterura

ijambo

ryemeza

.

E.G. White (

Counsels on Health

, p. 32)

Related Contents


Next Show more