Icyigisho cya 2 cyo ku wa 11 Nyakanga 2020 Kuko tutabasha kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise ID: 805096 Download
Download - The PPT/PDF document "ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBU..." is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.
Presentation on theme: "ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBUHAMYA BW'UMUNTU KU GITI CYE"— Presentation transcript
Slide1
ABAHAMYA BAGERA KU NTEGO: IMBARAGA Z'UBUHAMYA BW'UMUNTU KU GITI CYE
Icyigisho
cya
2
cyo
ku
wa
11
Nyakanga
2020
Slide2“
‘
Kuko
tutabasha
kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise’ ”(Ibyakozwe n’Intumwa 4:20)
Slide3Ubuhamya bw’uwari utewe na dayimoniUmuhamya utari abyitezwehoUbuhamya bwa
Mariya
Ibyishimo
bitarondorekaUbuhamya bwa
Petero na YohanaKwiyumanganya kudashobokaUbuhamya bwa PawuloGuhinduka buri munsiUbuhamya bukomeye
bw’umuntu ku giti cyeUbuhamya bw’umuntu ku giti cye ni iki?Ni ugusangiza abandi ibyo Yesu yakoze mu mibereho yacu n’uburyo yaduhinduye. Ni ukubwira abandi ibyerekeye ubuntu butangaje bw'Imana, n’uburyo twishimiye agakiza kayo. Ni ukuvuga uburyo Yesu adukunda n’uburyo tumukunda.
Slide4UMUHAMYA UTARI ABYITEZWEHO“
Aragenda
,
atangira
kwamamaza i Dekapoli
ibyo Yesu yamukoreye byose, abantu bose barumirwa.” (Mariki 5:20)Dekapoli yari urwunge rw'imijyi cumi ituriye inyanja ya Galilaya. Yari isangiye umuco w'Abagereki n'Abaroma (ntabwo ari uw’Abayuda).Yesu agezeyo, uwamuhaye ikaze ni umunyarugomo utewe n’abadayimoni. Yesu yamukijije abadayimoni bamutotezaga.
Uwo
mugabo
yarakize
haba
ku
mpagarike
, mu
bwenge
, mu
marangamutima
, no mu
bya
mwuka
.
Yashakaga
kugumana na Yesu. Ariko, Yesu yamuhisemo kuba umumisiyoneri wa mbere. Inshingano ye yari yoroshye, kubwira abandi ibyo Yesu yamukoreye.
Ku bw’ubuhamya bwe, nyuma y’amezi runaka abantu benshi bateraniye hamwe bumva Yesu (Mariko 8:1-10).
Slide5IBYISHIMO BITARONDOREKA“
Uwo
aragenda
abibwira ababanaga
na we, asanga baganya barira bari mu majune.” (Mariko 16:10)Ku wa mbere w’Umuzuko, intimba ya Mariya yaguranye n’umunezero, amarira yimukira ibyishimo, amajune asimburwa n’ibyiringiro.
Guhura
na
Yesu
kuri
uwo
munsi
byujuje
Mariya
umunezero
.
Nta
kindi
yari
gukora uretse kwihuta akabwira abanda
inkuru
nziza
.Natwe tukimara guhura na Yesu, tugomba kwihuta tugasangiza abandi ibyatubayeho. Kuko inkuru nziza ikwiriye kubwirwa abandi.
Nyamara
,
ntibemeye
ubuhamya bwe (Mariko 16:11). Ntutukitege ko buri wese azahita yizera amagambo yacu. Ariko amaherezo bose barizeye!
Slide6KWIYUMANGANYA KUDASHOBOKA
“
Kuko
tutabasha
kwiyumanganya ngo tureke kuvuga ibyo twabonye kandi twumvise.” (Ibyakozwe 4:20)Guhinduka kw'intumwa kwari gushimishije. Ndetse n'abanzi babo bashoboraga kubona ko babanye na Yesu (Ibyakozwe 4:13).Buri ntumwa yari ifite ibyamubayeho yihariye. Bashoboraga gusangizanya ubuhamya budasanzwe bwa buri muntu ku giti cye.Natwe Yesu araduhindura. Tugomba gusangiza abandi ibyatubayeho, n’ubwo haba mu bihe bikomeye.
Slide7GUHINDUKA BURI MUNSI
“
Nabambanywe
na
Kristo ariko ndiho, nyamara si
jye uriho, ahubwo ni Kristo uriho muri jye. Ibyo nkora byose nkiriho mu mubiri, mbikoreshwa no kwizera Umwana w’Imana wankunze akanyitangira.” (Abagalatiya 2:20)Guhinduka kwa Pawulo ni kimwe mu bintu bitangaje. Iyerekwa rye rya Yesu wazutse ryateje impinduka zikomeye mu mibereho ye.Mu gusangiza abandi ubuhamya bwe, ntabwo yavuze gusa kuri izo mpinduka zabaye umwanya umwe mu mibereho ye. Yasobanuye ko Imana ikomeje gukora mu mibereho ye. Guhinduka kwe kwavugururwaga buri munsi, “Mpora
mpfa
buri
munsi
.” (1
Abakorinto
15:31)
Guhamya
byerereza
Imana
,
si
twe
. Ni
ugusangiza
abandi
imbabazi
z’ibyaha zayo, imigisha yayo ya buri munsi, ubuntu bwayo budashira, urukundo rwayo
ruhoraho … (Zaburi 103:3; Amag. 3:23; Yoh. 1:16; Yer. 31:3).
Slide8UBUHAMYA BUKOMEYE BW'UMUNTU KU GITI CYE
“
Agiripa
asubiza
Pawulo ati ‘Ubuze hato
ukanyemeza kuba Umukristo!.’” (Ibyakozwe 26:28)Herode Agiripa wa II yakuriye i Roma arinzwe n'Umwami w'abami Kalawudiyo. Yahawe ubwami buto bwa Calisisi maze ategekwa kugenzura urusengero rwa Yerusalemu. Yeretse abantu ko akurikiza imigenzo y'Abayuda. Pawulo yeretse ineza uyu muguverineri ushidikanya. Yashimiye Agiripa kuba yaramuhaye amahirwe yo kubasangira ubuhamya bwe bwite.Pawulo yashyize akitso mu ijambo yavugaga, maze akora irarika ryihariye kuri Agiripa: “Urizeye?” (umur. 27)Ibyo Imana yakoze mu mibereho yacu bishobora kugirira abandi umumaro ukomeye. Dushobora kubereka uko kwakira Yesu no gucungurwa bisa, kandi dushobora kubayobora ku kumwiyegurira.
Slide9“Abantu bose basogongeye ‘ijambo
ryiza
ry’Imana
, n’imbaraga
z’igihe kizaza’ (Abaheburayo 6:5), bafite umurimo wo gukorera abo mu
ngo zabo ndetse n’abaturanyi babo. Ubutumwa bwiza bw'agakiza bugomba kubwirwa abandi. Umuntu wese wumvise imbaraga ihindura y’Imana, mu buryo runaka aba umuvugabutumwa. Hari inshuti ashobora kubwira urukundo rw'Imana. Ashobora kuvugira mu itorero uwo Uwiteka ari We kuri we, ndetse nk'Umukiza we ku giti cye; kandi ubuhamya butanganywe ukwiyoroshya bushobora gukora ibikomeye
kurusha
guterura
ijambo
ryemeza
.
”
E.G. White (
Counsels on Health
, p. 32)