/
UBURYO BUHEBUJE BWO KUJYA MU MURIMO UBURYO BUHEBUJE BWO KUJYA MU MURIMO

UBURYO BUHEBUJE BWO KUJYA MU MURIMO - PowerPoint Presentation

narrativers
narrativers . @narrativers
Follow
490 views
Uploaded On 2020-11-06

UBURYO BUHEBUJE BWO KUJYA MU MURIMO - PPT Presentation

Icyigisho cya 10 cyo ku wa 5 Nzeri 2020 Maze abwira abigishwa be ati Ibisarurwa ni byinshi ariko abasaruzi ni bake Nuko rero ID: 816716

mato amatsinda kandi buri amatsinda mato buri kandi ngo kugira abantu intego rito rya mbere isezerano itsinda bwiza muri

Share:

Link:

Embed:

Download Presentation from below link

Download The PPT/PDF document "UBURYO BUHEBUJE BWO KUJYA MU MURIMO" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.


Presentation Transcript

Slide1

UBURYO BUHEBUJE BWO KUJYA MU MURIMO

Icyigisho

cya

10

cyo

ku

wa

5

Nzeri

2020

Slide2

Maze

abwira

abigishwa

be

ati

Ibisarurwa

ni

byinshi

,

ariko

abasaruzi

ni

bake.

Nuko

rero

mwinginge

nyir’ibisarurwa

,

yohereze

abasaruzi

mu

bisarurwa

bye’

(

Matayo

9:37-38)

Slide3

Ingero

z’amatsinda

mato:

Itsinda rito rya mbereMu Isezerano rya KeraMu Isezerano RishyaKuba mu bagize amatsinda mato :Gahunda Imbaraga

Hariho inzira ihebuje yo kugira uruhare mu gukura kw'Itorero no kwamamaza Ubutumwa Bwiza: amatsinda mato.Amatsinda mato afite inkomoko muri Bibiliya. Imana yahisemo amatsinda mato kugira ngo ishikamishe kwizera kwacu, idufashe kumva neza Ijambo ryayo, ibyutse muri twe akamenyero ko gusenga no kutwigisha guhamya.

Slide4

ITSINDA RITO RYA MBERE

“I

mana

iravuga

iti ‘Tureme umuntu agire ishusho yacu ase natwe[…]’” (Itangiriro 1:26)

Batatu bagize Ubutatu Bwera bateraniye hamwe nk'itsinda rito mbere yo kurema isi. Umugambi wabo kwari ugutegura no gushyira mu bikorwa iremwa by’abantu n’ahabakikije.Ndetse banateguye icyakorwa mu gihe abantu baba bahisemo

kuva ku Mana: Inama y’Agakiza (1Pet 1: 18-20; Mat 25:34; Ibyah. 13: 8).

Turareba uburyo

amatsinda mato aterana afite intego imwe

cyangwa nyinshi mu bitekerezo. Ku byerekeye Imana, guterana kwabo

kwabanje kwateguraga ibizakorwa, naho guterana kwakurikiyeho

kwibanda ku gusohoza ibyateguwe.Nuko

rero

, buri

tsinda

rito

rigomba

kugira

intego

nyamukuru

yo

kuronkera

imitima

Ubwami

bw’Ijuru

.

Slide5

MU ISEZERANO RYA KERA

Mose

atoranya mu Bisirayeli bose abashoboye ubucamanza abaha gutwara abantu, bamwe

ngo batware igihumbi igihumbi, abandi ngo batware ijana ijana, abandi ngo batware mirongo itanu itanu, abandi ngo batware icumi icumi.” (Kuva 18:25)Igihe Isirayeli yavaga muri Egiputa, Mose yagabanije

abantu mu ngerero (mu miryango migari) no mu mahema

(mu miryango mito). Nyuma yaho, Yetiro

yatanze igitekerezo cyo kwagura ibi,

hakabaho amatsinda mato y’abantu 1.000, 100, 50 n’10.

Buri

tsinda

rito

ry’abantu

10

ryayoborwaga

n’umuyobozi

ubyitangira

. Aya

matsinda

yakumiriye

ibibazo bitandukanye kandi afasha gukuza imibereho y’ibya mwuka y’abantu, no kubaka umubano wimbitse kandi wuje urukundo… Byari–kandi n'ubu biracyari uburyo bwiza bwo gufatanya, gukura mu bya mwuka no gukemura ibibazo.

Nyuma yaho, Samweli yashinze amashuri y'abahanuzi. Bakurikije gahunda n'intego nk’iby’amatsinda Mose yari yarashinze (1Sam. 10:10; 2Abami 2: 3).

Slide6

MU ISEZERANO RISHYA

Nuko

ntizasiba kwigisha no kuvuga ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo iminsi yose mu

rusengero n’iwabo.” (Ibyakozwe 5:42)Yesu yashinze itsinda rya mbere rito mu Isezerano Rishya ubwo yahitagamo intumwa cumi n’ebyiri.Barigishijwe kandi bahugurwa mu ngiro uburyo bwo gukoresha impano zabo kugira ngo babwirize Ubutumwa Bwiza, kandi banakura mu bya mwuka.

Umutima

w'Itorero rya mbere wari amatsinda

mato yateraniraga mu ngo (Ibyak. 12:12; Rom. 16: 5; 1Kor 16:19; Kolos. 4:15;

Filemoni 2).Bateguye kandi amatsinda mato

y'ivugabutumwa. Barashyigikiranaga, mu bunararibonye bwabo, kugira

ngo basohoze umurimo. Kubera ayo matsinda

,

Ubutumwa

Bwiza

bwakwirakwiriye

mu

isi

yari

izwi

icyo

gihe (Ibyak. 15: 39-41; 20: 4; Rom. 15:19).

Slide7

GAHUNDA

Ariko

Imana

yashyize ingingo mu mubiri, izigenera aho

ishatse zose uko zingana. Mbese noneho iyo zose ziba urugingo rumwe, umubiri uba warabaye he?” (1 Abakorinto 12:18-19)Umubiri w’umuntu ugizwe n’ingirabuzima-fatizo zitandukanye zishyira hamwe zigakora ingingo nazo zikoze

inzungano. Buri ngirabuzima-fatizo igira uruhare rwayo

muri buri rugingo, buri rugingo rugira uruhare rwarwo muri buri

rwungano, kandi buri rwungano rugira uruhare mu

mubiri.

Byose

ni

magirirane

kandi

bigakorera

hamwe

.

Itorero

ni

umubiri

wa Kristo kandi rikora mu buryo busa n’ubwo. Iyo buri muntu agize itsinda rito abamo, biragoye gucika intege kandi biroroshye gusohoza inshingano zacu.Amatsinda atunganijwe mu buryo buri muntu ashobora gukoresha neza impano

ze kugira ngo afashe umubiri gukura no kuzuza inshingano.

Slide8

IMBARAGA

Akibitekereza

atyo, asohora kwa

Mariya nyina wa Yohana wahimbwe Mariko, aho abantu benshi bari bateraniye basenga.” (Ibyakozwe 12:12)Imana ikoresha amatsinda mato kugira ngo

Itorero rikure, mu kugaburira kwizera kw'abizera no

kubigisha guhamya Yesu.Buri tsinda rifite

intego nyamukuru yo kuyobora abantu

kuri Yesu, nubwo buri tsinda rishobora

kugira imbaraga zitandukanye ukurikije intego

zaryo.Dore ingero zimwe z’intego zihariye

:

Ntabwo

uru

rutonde

rurangiye

. Buri torero

rigomba

gutegurira

neza

amatsinda mato intego zihariye hakurikijwe umwihariko waryo.

Slide9

“Umugisha

w’Uwiteka

uzaza ku bagize itorero bitabira umurimo

, bateranira mu matsinda mato buri munsi kugira ngo basengere umurimo. Bityo, abizera bazahabwa umugisha, kandi umurimo

w’Uwiteka

uzajya

mbere.”

E.G. White,

Evangelism (

Ivugabutumwa), p. 111.

Nimureke

amatsinda

mato

ateranire

kwiga

Ibyanditswe

.

Ntacyo

ibi bizabahombya, ahubwo muzungukirwa byinshi. Abamarayika b'Imana bazaba mu materaniro

yanyu, kandi mu gihe mugaburirwa Umutsima w’Ubugingo

,

muzahabwa

imitsi

ya

mwuka

itera

intege

.

Muzagaburirwa

,

nk’aho

mugaburirwa

ku

bibabi

by’igiti

cy’ubugingo

.

Ubu

ni

bwo

buryo

rukumbi

buzatuma kwizera kwanyu gukomezwa.”

E.G.White

,

This Day With God

, January 3.

Related Contents


Next Show more