/
UBWOKO BWASUBIYE INYUMA Icyigisho
UBWOKO BWASUBIYE INYUMA Icyigisho

UBWOKO BWASUBIYE INYUMA Icyigisho - PowerPoint Presentation

newson
newson . @newson
Follow
276 views | Public

UBWOKO BWASUBIYE INYUMA Icyigisho - Description

cya 11 cyo ku wa 14 Ukuboza 2019 Mperako ntegeka Abalewi ngo biyeze babone kuza kurinda amarembo beze umunsi wisabato Mana yanjye ID: 787248 Download

Tags :

kandi isabato imana nehemiya isabato kandi nehemiya imana muri ngo ibyo abantu icyacumi uwiteka umunsi kugira byo umunezero yari

Share:

Link:

Embed:

Please download the presentation from below link

Download - The PPT/PDF document "UBWOKO BWASUBIYE INYUMA Icyigisho" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.

Presentation on theme: "UBWOKO BWASUBIYE INYUMA Icyigisho"— Presentation transcript

Slide1

UBWOKO BWASUBIYE INYUMA

Icyigisho

cya

11

cyo

ku

wa

14

Ukuboza

2019

Slide2

Mperako

ntegeka

Abalewi ngo biyeze babone kuza kurinda amarembo, beze umunsi w'isabato.

Mana

yanjye

,

n'ibi

na

byo

ubinyibukire

,

umbabarire

uko

imbabazi

zawe

nyinshi

zingana

!

(

Nehemiya

13:22)

Slide3

Nehemiya

yasubiye ibwami bwa Aritazeruzi nyuma y’inshingano zo kuba igisonga yamazemo

imyaka

12.

Nyuma

y’imyaka runaka, yagarutse i Yerusalemu. Yasanze abantu baribagiwe isezerano bari baragize. Bariho bashyingirana n’abanyamahanga, bakandagira Isabato ndetse batanashyigikira imirimo y’Urusengero (Nehemiya 10:28-39).Muri Nehemiya 13 tubwirwa uko Nehemiya yahanganye n’aka

kaga.

Slide4

GUSHYINGIRANA N’ABANYAMAHANGA

Kandi muri

iyo

minsi mbona Abayuda bashatse abagore

b’Abanyashidodikazi

n’

Abamonikazi

n’

Abamowabukazi

.” (Nehemiya 13:23)

Nehemiya yahanganye bikomeye n’abashakanye n’abagore b’abanyamahanga batemeraga Imana (imir. 23-25).Yabibukije ko imigirire nk’iyo yagushije Salomo, bityo bakaba bagomba kuyirinda, kuko yabatandukanyaga n’Imana (imir. 26-27).

Umwe

muri

benewabo yari yarashyingiranye n’abo kwa Tobiya, Umwamoni (umur. 4), kandi umwe mu buzukuru be yari yarashakanye n’umukobwa wa Sanibalati, Umuhoroni—wari warirukanwe muri Yerusalemu (umur. 28).

Umuyobozi

wabo

mu

bya

mwuka

Umutambyi

Mukuru

Eliyashibu

nawe

yari

yarabigiyemo

.

Slide5

Nta muntu wubaha Imana wifatanya n’utayubaha

ngo

abure kugira ingaruka mbi. ‘Mbese abantu babiri bajyana batasezeranye?’ Amosi 3:3. Umunezero no gutera

imbere

mu

rugo biterwa n’uko

impande

zombi

z’abashakanye zishyize hamwe; ariko hagati y’uwizera n’utizera hari

itandukaniro rikomeye mu byo bakunda, mu byo bashyizeho umutima no mu byo bagamije. Baba bakorera abami babiri; kandi nta

huriro bagirana. Uko

imibereho y’umuntu yaba itunganye kose

, ntibyabuza ko uwo babana utizera

yamutandukanya n’Imana.”

E.G. White (Abakurambere n’Abahanuzi, igice cya 15, p. 111)

Slide6

KWIRENGAGIZA ICYACUMI (1)

“Kandi

menya

yuko Abalewi ntabwo bahawe amagerero yabo, bituma Abalewi n’abaririmbyi bakoraga

imirimo

bahunga, umuntu

wese

ajya

imusozi mu gikingi cy’iwabo.” (Nehemiya 13:10)

Eliyashibu yari yaravanye ibintu byose mu cyumba cyabikwagamo icyacumi, amaturo, imibavu n’ibikoresho by’Urusengero. Nuko agishyiramo ibikenerwa byose kugira ngo Umwamoni Tobiya akibemo.

Ibyo

byaciye abantu intege, maze bahagarika gutanga

icyacumi.Ingaruka z’ibyo zabaye

ko Abalewi bisubiriye mu bikingi by’iwabo. Kuramya ko mu Rusengero

kwarakendereye.Nehemiya yabohoje icyo cyumba kandi atoranya abantu b’inyangamugayo kandi biringirwa ngo bajye bacunga icyacumi.Abantu bongeye gutangira gutanga icyacumi cyabo. Nuko gahunda yo kuramya irasubukurwa.

Slide7

KWIRENGAGIZA ICYACUMI

(2)“'

Nimuzane

imigabane

ya kimwe mu icumi ishyitse mubishyire

mu

bubiko

,

inzu

yanjye

ibemo ibyokurya.

Ngaho nimubingeragereshe,' ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga. ‘

Murebe

ko ntazabagomororera

imigomero yo mu

ijuru, nkabasukaho

umugisha mukabura aho muwukwiza.’” (Malaki 3:10)

Kuki

tugomba

kugarurira

Imana

icyacumi

?

Ni

ukubera

ko Imana ari Umuremyi wacu kandi tukabigaragaza tumugarurira ku byo yaduhaye. Dutanga tumushimira ibyo yakoze: yaraturemye, atubeshayo, atwitaho, aradupfira, kandi akomeza kuturema bundi bushya.

Ni

ibiki

bishobora

gukorwa

kubera

icyacumi

n’amaturo

?

Slide8

“Imana ihora

iguhundagazaho imigisha yo muri ubu buzima;

kandi

niba

igusaba gusākāza impano zayo ushyigikira amashami atandukanye y’umurimo wayo, kubikora kwawe ni ku nyungu

zawe

z’ubu n’iz’ibya

mwuka

,

maze

ugahamya ko Imana ari Yo itanga umugisha wose. Imana, nk’Umukozi ugenga abandi

, ikorana n’abantu kugira ngo babone ibibabeshaho; kandi inabasaba gukorana nayo mu gukiza imitima.”

E.G. White (Counsels on Stewardship, cp. 9, p. 47)

Slide9

GUKANDAGIRA ISABATO (1)

“Muri

iyo

minsi mbona i Buyuda abantu bengera mu mivure ku isabato, n’abandi bazana

imiba

bakayikoreza indogobe

zabo

,

mbona na vino n’inzabibu n’imbuto z’imitini

n’imitwaro y’uburyo bwose, bazanaga muri Yerusalemu ku isabato. Nabaye umugabo wo

kubashinja ku

munsi baguriyeho ibyokurya.

” (Nehemiya 13:15)

Mbere yaho ubwo Abisirayeli batekerezaga ku mateka yabo, bari

barasobanukiwe ko Isabato ari umugisha uva ku Mana (Nehemiya 9:14). Biyemeje kutazigera bayikandagira (Nehemiya 10:31).

Nyamara

,

abayobozi

bari

baremereye

isoko

kurema

ku

Isabato. Nehemiya yakinze amarembo y’umurwa ku Isabato kugira ngo bitazongera.Isoko ryakomeje kuremera hanze y’umurwa. Ubwo abacuruzi bari bamaze kwihanangirizwa, ntibyongeye.

Slide10

GUKANDAGIRA ISABATO

(2)“Nuhindukira

ntukandagire

isabato, ukanga gukora ibyo wishakiye ku munsi wanjye wera,

ahubwo

ukita

isabato

umunezero

, umunsi wera w’Uwiteka ukawita uw’icyubahiro

ukawubaha, ntube icyigenge ntiwishakire ibyo kwinezeza, ntiwivugire ibyo ushaka ku

bwawe, nuko

uzishimira Uwiteka nanjye

nzaguha kurambagira mu

mpinga z’igihugu, kandi

nzagutungisha gakondo ya sogokuruza Yakobo.” Akanwa k’Uwiteka ni ko kabivuze.”

(

Yesaya

58:13-14)

Isabato

ni

umunsi

werejwe

kugira

ngo twishimane n’Imana muri wo, tureke ibiduhangayikisha.Ni umunsi wo guhimbaza no guha icyubahiro Uwaturemye kandi akaduha ubugingo.Ni umunsi wo kwibuka ko yadupfiriye ku musaraba ngo tubabarirwe ibyaha byacu kandi aduhe agakiza.Ikibabaje, Abafarisayo bahaye agaciro udukeregeshwa two ku mategeko maze bahindura Isabato umuzigo aho kuba umunezero.Twizihiza Isabato duterana n’Imana yacu buri munsi wa karindwi. Uyu ni umusogongero w’Amasabato menshi tuzizihiriza hamwe na We muri Yerusalemu Nshya (Yesaya 66:23).

Slide11

“Nyagasani

kandi aravuga ati, ‘Nuhindukira ntukandagire

Isabato

,

ukanga gukora ibyo wishakiye ku munsi wanjye wera, ahubwo ukita Isabato umunezero, umunsi wera

w’Uwiteka

ukawita uw’icyubahiro

ukawubaha

, ...

nuko uzishimira Uwiteka.’ Yesaya 58:13, 14. Abantu bose bakira Isabato nk’ikimenyetso

cy’ubushobozi bwa Kristo bwo kurema no gucungura umuntu, ibabera umunezero. Kuyibonamo Kristo bibatera kwishimira muri We.

Isabato ibereka ko ibyo

yakoze mu kurema ari igihamya

cy’ubushobozi Bwe bukomeye

bwo kubacungura. Mu gihe yibutsa

umuntu amahoro yatakaje yo muri Edeni, inamubwira amahoro yongeye gusubizwa binyuze mu Mukiza. .”

E.G. White (

Uwifuzwa

Ibihe

Byose

,

igice

cya

29, p. 191)