I cyigisho cya 6 cyo ku wa 9 Gashyantare 2019 Imiyaga ine Ibyah 713 A bantu 144 000 bashyizweho ikimenyetso Ibyah 748 Abantu batabarika ID: 788212
Download The PPT/PDF document "UBWOKO BW’IMANA BWASHYIZWEHO IKIMENYET..." is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.
Slide1
UBWOKO BW’IMANA BWASHYIZWEHO IKIMENYETSO
I
cyigisho
cya
6
cyo
ku
wa
9
Gashyantare
2019
Slide2Imiyaga ine. Ibyah. 7:1-3A
bantu
144 000 bashyizweho ikimenyetso. Ibyah. 7:4-8Abantu batabarika. Ibyah. 7:9-17Umuganura utanduye. Ibyah. 14:1-4Nta binyoma cyangwa inenge. Ibyah. 14:5
Abantu
144 000
bashyizweho
ikimenyetso bavugwa ahantu habiri: Ibyahishuwe 7 na 14:1-5.Aho bavugwa bwa mbere, barahagaze kuko Umwana w’Intama aje. Aho bavugwa ubwa kabiri, banze kwakira ikimenyetso cy’inyamaswa.Buzuza umubare w’abacunguwe (abashyizweho ikimenyetso cy’agakiza), abantu benshi batabarika “bo mu mahanga yose, n’imiryango yose, n’amoko yose, n’indimi zose.”
Slide3IMIYAGA 4“
Ntimubabaze
isi cyangwa inyanja cyangwa ibiti tutaramara gushyira ikimenyetso mu ruhanga rw’imbata z’Imana yacu.”
(Ibyahishuwe 7:3)
Mu buhanuzi, imiyaga
ishushanya intambara
hagati y’amahanga (Daniyeli 7:2). Imana ishobora kuyikoresha mu gusuka ibihano byayo (Yer. 51:1).Imana ntizemerera Satani gukoresha imbaraga ze zose zo
kurimbura, kugeza
ubwo ubwoko bw’Imana
buzaba bumaze gushyirwaho
ikimenyetso (Ezek. 9:1-11).Ikimenyetso
gikoreshwa
mu
kwerekana iby’Imana bwite (2Tim. 2:19). Mu mateka yose y’umuntu, ubwoko bw’Imana bwashyizweho ikimenyetso ari cyo Mwuka Wera (Abefeso 1:13-14).Mu minsi ya nyuma, abakomeza Amategeko y’Imana kandi bakayiramya ku munsi yejeje bazashyirwaho ikimenyetso (Ibyah. 14:12).
Slide4144 000 BASHYIZWEHO IKIMENYETSO“Numva
umubare w’abashyizweho ikimenyetso ngo ni agahumbi n’inzovu enye n’ibihumbi bine. Ni bo bashyizweho
ikimenyetso
bo mu miryango yose
y’Abisirayeli.” (
Ibyahishuwe 7:4)144 000 ni umubare w’imvugoshusho. Iyo uba umubare usanzwe, 144 000 wari kuba gusa umubare w’Abisirayeli b’igitsinagabo batigeze bacumura. Nyamara nk’uko Pawulo abivuga, ibyo ntibishoboka (Abaroma 3:23).
Umuryango
wa
Dani ntiwabazwe kubera gusenga ibigirwamana (Abacam. 18). Efurayimu
yasimbujwe
se
Yosefu, ahari kubera gusenga ibigirwamana (Hoseya 4:17).Uramywa n’uburyo bwo kuramya ni ingenzi mu guhitamo ushyirwaho ikimenyetso.12x12 bishushanya ubwoko bw’Imana bwo mu Isezerano rya Kera no mu Isezerano Rishya. 1 000 bikoreshwa mu nyandiko z’Igiheburayo mu kuvuga “benshi” (Guteg. 32:30; Yos. 23:10; Zaburi 50:10; Yes. 60:22).
Slide5ABANTU BENSHI BATABARIKA“Hanyuma
y’ibyo
mbona abantu benshi umuntu atabasha kubara, bo mu mahanga yose n’imiryango yose n’amoko
yose n’indimi
zose, bahagaze imbere
ya ya ntebe n’imbere
y’Umwana w’Intama, bambaye ibishura byera kandi bafite amashami y’imikindo mu ntoki zabo.” (Ibyahishuwe 7:9)Nk’uko biri no mu yindi mirongo, Yohana yarumvise nuko arareba (Ibyah. 1:10, 12; 5:5, 6; 9:6, 7). Yohana
yabonye abacunguwe bose.Abashyizweho ikimenyetso buheruka
, barimo rya tsinda rizwi nk’ “144 000”. Abacunguwe bose bazakirira
ingororano rimwe (Abaheburayo 11:39-40).
Kuki
bari
imbere y’intebe n’imbere y’Umwana w’Intama? Kuko “bameshe ibishura byabo babyejesha amaraso y’Umwana w’Intama.” (Ibyah. 7:14)Barwanye intambara yo kwizera, ariko bashoboye guhagarara hariya kubera gusa bakiriye gukiranuka kwa Kristo ku bw’ubuntu.
Slide6UMUGANURA UTANDUYE
“
Abo ni bo batandujwe n’abagore kuko ari
abāri
. Abo ni bo
bakurikira
Umwana w’Intama aho ajya hose. Bacunguriwe mu bantu kugira ngo babe
umuganura ku Mana no ku Mwana
w’Intama.
” (
Ibyahishuwe 14:4)
Abatarandujwe
n’abagore
, bahagaze imbere y’Umwana w’Intama. Umugore ni Babuloni n’abakobwa be (Ibyah. 17:5).Mu minsi ya nyuma, iryo tsinda ry’abantu ntirizanduzwa n’amatorero yayobye. Kandi niba ubu bari muri Babuloni, bazayisohokamo (Ibyah. 18:1-4).
Ni
umuganura
,
imbuto
zihebuje
ubwiza
mu
musaruro
wose
zihabwa
Imana
(
Kubara
18:12).
Ni
itsinda
ridasanzwe
kuko
bazahindurwa ku Kugaruka kwa Yesu batabanje gusinzira.
Bazakomeza ubudahemuka ku Mana kugeza ku iherezo. “Bakomeza amategeko y’Imana no kwizera kwa Yesu.” (Ibyah. 14:12)
Slide7NTA BINYOMA CYANGWA INENGE“
Mu kanwa kabo ntihabonetsemo ibinyoma, kuko ari abaziranenge
.” (Ibyahishuwe 14:5)Ibyo ntibivuga ko batigeze bacumura, ahubwo bivuga
ko ibizinga
byose by’icyaha byahanaguwe
kuko “bameshe
ibishura byabo … mu maraso y’Umwana w’Intama.”Ni inyangamugayo nk’uko Aburahamu yari ameze (Itang. 17:1). Mu bisekuruza byose, Imana iba ifitemo abagabo n’abagore
bagize umugabane
w’itorero “ridafite ikizinga
cyangwa umunkanyari cyangwa
ikintu cyose
gisa
gityo
, ahubwo ryera ridafite inenge.” (Abefeso 5:27)Imico yacu izagaragaza iya Kristo niba dushikamye mu buntu Bwe no kubabarirwa ku bwo kwizera (2 Abakorinto 3:18).Nawe waba mu bagize iri tsinda ridasanzwe.
Slide8“Kimwe mu birango by’abantu bagize itsinda
rishushanywa
n’ 144 000 nuko nta buriganya bwabonetse mu kanwa kabo. Umwami yaravuze ati ‘Hahirwa umuntu… umutima we ntubemo uburiganya.’ Bahamya
ko ari abana
b’Imana, maze bagashushanywa nk’abakurikira
Umwana w’Intama aho
ajya hose. Batugaragarizwa nk’abahagaze ku Musozi Siyoni, bakenyereye gukora umurimo wera, bambaye ibishura byera, ariko gukiranuka kw’abera. Ariko abantu bose bakurikira Umwana w’Intama mu ijuru bazaba
baranamukurikiye ku isi
, mu kumvira kuva mu kwiringira, urukundo
n’ubushake, bamukurikiye nta
gucogora cyangwa imbereka
,
ahubwo
babikunze, by’ukuri, nk’uko umukumbi ukurikira umwungeri.”E.G. White (Ubutumwa Bwatoranijwe, umuz. 3, igice 57, urup. 424)
Slide9“Abantu bose bafite amazina yabo
yanditse
mu gitabo cy’ubugingo cy’Umwana w’Intama bazarwanana ubutwari intambara z’Umwami. Bazakora byose bashikamye ngo bamenye kandi bagendere
kure ibishuko n’ikibi
cyose. Baziyumvamo ko ijisho
ry’Imana ribariho
kandi ko basabwa ubudahemuka bwuzuye. Nk’abarinzi badahemuka bazafunga umuhora, kugira ngo Satani atabameneramo yigize nka marayika w’umucyo ngo arangize umurimo we w’urupfu muri bo… bazamesa
ibishura byabo by’imico
babyejeshe amaraso y’Umwana w’Intama
. Abo ni bo bazaririmba
indirimbo yo kunesha
mu
bwami
bw’ubwiza.”E.G. White (My life today, November 13, p.321)