Icyigisho cya 3 cyo ku wa 18 Nyakanga 2020 Arababwira ati Nimunkurikire nzabagire abarobyi babantu Matayo 419 Kuyobora abandi ID: 805835
Download The PPT/PDF document "KUREBERA ABANTU MU MBONI ZA YESU" is the property of its rightful owner. Permission is granted to download and print the materials on this web site for personal, non-commercial use only, and to display it on your personal computer provided you do not modify the materials and that you retain all copyright notices contained in the materials. By downloading content from our website, you accept the terms of this agreement.
Slide1
KUREBERA ABANTU MU MBONI ZA YESU
Icyigisho
cya
3
cyo
ku
wa
18
Nyakanga
2020
Slide2“
Arababwira
ati ‘Nimunkurikire nzabagire abarobyi b’abantu.’ ”(Matayo 4:19)
Slide3Kuyobora
abandiKwakira buri weseKubaka ubucutiGufata abandi mu buryo budasanzweGukoresha neza amahirwe
yose
Yesu
yabonaga abantu ate?Yarebanaga abantu impuhwe. Yabonaga buri muntu nk’uwo gukiza. Yabonaga uko bizagenda baramutse bemeye agakiza.Kuri Yesu, umuntu wese yari afite agaciro kandi yihariye. Kubw’ibyo, yafataga buri muntu mu buryo budasanzwe, kandi nta n’umwe yasuzuguye.Reka twige gufata abandi nk’uko Yesu yabigenje.
Slide4KUYOBORA ABANDI
“
Bagera i Betsayida, bamuzanira impumyi baramwinginga ngo ayikoreho.” (Mariko 8:22)
Mu
buryo
bwinshi, iki cyari igitangaza kidasanzwe.1. Inshuti runaka zazaniye Yesu utabona ngo amuhumure2. Yesu amujyana ku ruhande
3. Amaze kumukoraho bwa mbere,
yamubajije niba hari icyo ashobora
kubona
4. Uwo mugabo
yabonaga abantu bameze nk’ibiti
5.
Kumukoraho
bwa
kabiri
byaramukijije
rwose
Slide5KWAKIRA BURI WESE
“
Yiyumvamo ko akwiriye kunyura i Samariya.” (Yohana 4:4)Abayuda n’Abasamariya ntibajyaga imbizi. Abayuda bari bamenyereye kuzenguruka bakava i Yudaya bakagera i Galilaya batambukiranyije akarere ka Samariya.
Galilaya
Samariya
Yudaya
Iyo turebeye abandi mu mpuhwe z’Imana, insika zose zikurwaho. Noneho nta kundi kubaheza, kuko tubabona nk’abashobora kuba abaturage b’Ubwami bw’Ijuru.Dushobora
kutemera imitekerereze yabo mu bya politiki cyangwa idini, ariko tubakunda
iteka kandi tukabifuriza ibyiza.
Ariko
,
Yesu abona ibirenze
ubwoko
,
umuco
,
igitsina
n'idini
.
Yari
azi
ko muri
Samariya
hari abantu bakeneye
agakiza, umurimo we rero wari ukukabagezaho.
Slide6KUBAKA UBUCUTI
“
Abanza kubona mwene se Simoni aramubwira ati ‘Twabonye Mesiya’ (risobanurwa ngo: Kristo).” (Yohana 1:41)Igihe Yesu
yasezeraga
ku bigishwa
be, yabasabye kubwiriza Ubutumwa Bwiza mu turere twiyongera ku tundi: “i Yerusalemu, no muri Yudaya na Samariya yose, no ku mpera y'isi.” (Ibyakozwe 1: 8).Intumwa Andereya yatanze urugero
rw’ubu buryo. Ubwa mbere, yabwiye murumuna we ibya Yesu [Yudaya
].Nyuma, yaje kugirana ubucuti
n’umuhungu [Samariya] maze Yesu akora igitangaza
gikomeye binyuze muri we (Yohana 6: 5-11).
Bityo, yagejeje Ubutumwa
Bwiza
ku
bantu
batari
bazi
[
kugeza
ku
mpera
y'isi], kimwe n'abagabo
b'Abagereki bashakaga Yesu (Yohana 12: 20-26).
Dushobora kwiga uburyo bwiza bwo
kuzanira Yesu imitima turebeye ku rugero
rwa Andereya: kubaka umubano wuje
urukundo
n’abandi
.
Slide7GUFATA ABANDI MU BURYO BUDASANZWE
“
Yesu abonye amushubijanye ubwenge aramubwira ati ’Nturi kure y’ubwami bw’Imana’. Nuko ntihagira undi
wongera
gutinyuka kugira icyo amubaza.” (Mariko 12:34)Yesu yashyikiranye ate n’abantu bagoye?Kurebera abandi mu mboni za Yesu bisobanura kubona buri wese nk’uwatorerwa
kuba mu Bwami bw’Ijuru, no kubafata gutyo. Kugira ngo tube abahamya
babigeraho, tugomba gusaba Umwuka
Wera akaduha kubona ibintu dutyo
.
Slide8GUKORESHA NEZA AMAHIRWE YOSE
“
Nzi imirimo yawe. Dore nshyize imbere yawe urugi rukinguye
kandi
nta
wubasha kurukinga.” (Ibyahishuwe 3:8)Imana ikingura imiryango kugira ngo iduhe amahirwe ahamye yo gusangiza abandi Ubutumwa bwiza.Reba urugero
rwa Filipo. Imana yamujyanye ahantu runaka kugira ngo ashobore
guhura n’umuntu usoma igice runaka
cyo mu Byanditswe. Uwo muntu
yari akeneye kujyanwa gato kugira
ngo yiyegurire Umukiza wacu (Ibyakozwe 8: 26-39).
Hari
abamarayika
batagaragara
bashishikajwe
no
kutuyobora
muri
iyo
"
miryango
ifunguye
”. Saba Imana iguhe
ubwenge bwo kumenya ayo mahirwe, no kuguha
amagambo akwiriye mu bihe nk’ibyo.
Slide9“Yesu yasanze abantu
ku giti cyabo. Ntiyigeze yitarura cyangwa aheza abakeneye ubufasha bwe. Yinjiye mu ngo z'abantu, ahumuriza abababaye, akiza abarwayi, akangura abasinziriye, akomeza kugenda agira
neza
. Kandi
niba
dutera ikirenge mu cya Yesu, tugomba gukora nk’uko yagenzaga. Tugomba gufasha abantu nk’uko yabigenzaga.”E.G. White (Our Father Cares, February 17)